My SPIP site

  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Ibitaramo
  • Ubuhamya
  • Ubuhanuzi

Most recent articles

  • YAHANUYE GUSENYUKA K’URUSENGERO BIBA AKIHAHAGAZE

    23 January, by admin

    MBEGA UBUHAMYA BUKOMEYE BURYA KOKO NKUKO IJAMBO RY’IMANA RIBIVUGA UMUNTU WESE AGIRA IBYO AKIZWA KANDI AKAGIRA INZIRA NDENDE ANYURAMO.
    UYU MUBYEYI WAHANUYE IBYO GUSENYUKA K’URUSENGERO IBYO YAHANUYE IMANA IKABISOHOZA AKIHAHAGAZE BIMWE BAVUGA NGO "BOSE BABIREBA" ARI NABWO HAVUYEMO GUPFA K’UMWE MU BARI KUBAKA KURI URWO RUSENGERO KANDI BIKABA BIVUGWA KO NA WE NUBWO YARIMO YUBAKA ARIKO YARI UMWE MU BAKRISTO BAHASENGERA.
    UYU MUBYEYI AFITE UBUHAMYA BUNEJEJE BW’UBURYO YAKURIYE MU GAKIZA N’UBURYO (…)

  • UBUHANUZI BUKOMEYE IKUZIMU HAZAMUTSE UMWUKA W’IBISAZI ABANYAMASENGESHO MUBE MASO

    5 January, by admin

    MURI UBU BUHANUZI, UMUKOZI W’IMANA AVUGA KO ABANTU BAKWIYE KUGIRA AGAHINDA BAKARIRA BAGATAKAMBIRA IMANA IKIBUZA UMUJINYA WAYO KU BANTU
    ATI; MURIRE MUBOROGE,
    IKUZIMU HAZAMUTSE ABADAYIMONI BAJE GUTEZA UMWUKA W’IBISAZI MU GIHUGU😭URUPFU RUSATIRIYE ABANTU BAVUYE MU MUHAMAGARO,
    INKONI Y’IMANA IRABAZIYE IHEREYE KUMURONGO NIKO IMANA IVUZE, IBYAHA BY’ABANTU BYABAYE BYINSHI, ABANTU BIVANYE MU MUGONGO W’IMANA
    TEGA AMATWI NEZA IKI KIGANIRO WUMVE ICYO IMANA ISHAKA KUVUGANA N’ABANTU BAYO

  • Waba uzi icyaba cyihishe mu ibara ryijimye ry’ikinyobwa cya coca cola?

    26 November 2025, by admin

    Coca cola, ikinyobwa gikunzwe n’imbaga y’abantu benshi, iki ni ikinyobwa usanga cyinyobwa na buri wese aho ushobora kukinywa uri mu rugo , mu kazi, cyangwa mu rugendo cyane ko bavuga ko igabanya umunaniro
    Iki kinyobwa cyatangiye gukorwa ahagana mu mwaka w’1892 ariko kugeza uyu munsi benshi ntibazi icyo gikozemo, kuko bamwe mu bashakashatsi babashije kumenya ko ibigize iki kinyobwa birinzwe ku rwego rwo hejuru
    Reka dukanguke turebere hamwe ikintu gituma hatamenyekana ibigize iki (…)

  • Hari icyo waba uzi ku ndwara yo gushimishwa no kwica?

    26 November 2025, by admin

    Indwara yo gushimishwa no kwica yitwa La psychopatie mu ndimi z’amahanga, ni akamenyero n’umunezero umuntu avana mu kwica abantu bagenzi be, umuntu ufite iyi ndwara arangwaho n’imyitwarire mibi irimo kwanga kandi agakandamiza abantu kuko hari n’abo usanga batunzwe n’uyu mwuga aho batumwa ku bantu runaka ngo babice, bakabifata nk’akazi gasanzwe,
    Abantu bashimishwa no kwica bafite bimwe mu bimenyetso bahuriraho birimo: Ubuzima bubi kandi bugoranye baba baranyuzemo mu gihe cy’ubwana bwabo (…)

  • MVUYE MU MURWA WA SATANI😭IMANA IRANDOKOYE NGO MBABWIRE URUPFU NAPFUYE💔IBYAMBAYEHO NI AGAHOMMUNWA😥 NDI UBUHAMYA BUGENDA😰ABARIYO BARAHUNGABANYE BAHORA BATABAZA😱GUSENGA NTIBIKUNDA

    26 November 2025, by admin

    MVUYE MU MURWA WA SATANI,IMANA IRANDOKOYE NGO MBABWIRE URUPFU NAPFUYE. IBYAMBAYEHO NI AGAHOMMUNWA😥 NDI UBUHAMYA BUGENDA! ABARIYO BARAHUNGABANYE BAHORA BATABAZA.GUSENGA NTIBIKUNDA
    Nkuko mubizi benshi mu nyarwand bakunda kujya mu bihugu by’imahanga batitewe n’impamvu zitandukanye zirimo yiyo benshi bahurizaho ko ari ugushaka amfaranga.
    uyu musore uvuka muri Gisagara witwa NYANDWI Emmanuel nubwo we yiyita KWIZERA kuko yizera ko muri Yesu Kristo arimo byose bishobokera.
    arasobnura uburyo (…)

  • AGAHINDA KARAGWIRA MUKASE YAMUTANZEMO IGITAMBO UBUZIM BWE BUHINDUKA ABUREBA

    26 November 2025, by admin

    MURI UBU BUHAMYA HARIMO UMUBYEYI UVUGA UKUNTU MUKASE YAMUTANZEMO IGITAMBO BIGATUMA ABA MU BUZIMA BW’URURUZERERO GUSA
    ATI:MUKADATA YANTANZEMO IGITAMBO NDAHUNGA BAMFATA KU NGUFU NTWARA INDA URUZERERO N’INZARA BYAHINDUTSE UBUZIMA BWANJYE, UMURYANGO WOSE WARANTAYE, UMWANA NABYAYE NTAZIKO GUSEKA BIBAHO
    UMURIRIMBYI MU NDIRIMBO ZO MU GITABO YARAVUZE ATI KOKO INGABO ZA SATANI ZIRAKOMEYE TUDAFITE UMWAMI YESU ZADUHINDURA, IBI NIBYO BYABAYE KURI UYU MUBYEYI
    NIBA USHAKA KUMENYA BYINSHI KURI UBU (…)

  • NTIBISANZWE💔IZI MPANURO ZUZUYEMO UBUTUMWA BUKOMEYE💔BEULAH STAFF BAGEZE MU MISOZI BIRABARENGA💔UMUKRISTO URI BUBIBONE ARUMIRWA💔ESE KOKO IBYO TWIGISHIJWE BIGARAGAZA koUKIJIJWE NIBYO🤔

    26 November 2025, by admin

    NTIBISANZWE! IZI MPANURO ZUZUYEMO UBUTUMWA BUKOMEYE! BEULAH STAFF BAGEZE MU MISOZI BIRABARENGA! UMUKRISTO URI BUBIBONE ARUMIRWA! ESE KOKO IBYO TWIGISHIJWE BIGARAGAZA KO UKIJIJWE NIBYO? Hariho ibintu byinshi byarwohera abanyarwanda kandi bitabasabye kuva mu Rwanda by’umwihariko aba kristo bakwiriye kwishimira igihugu Imana yaduhye bakagikunda,bakagisengera,bakanagitembera ariko byose bigakorwa mu buryo buhura n’ijambo ry’Imana. Abigisha benshi tudatinya kwita intumwa za satani bgiye bigisha (…)

  • UBUHANUZI BWIHUTIRWA KU ITORERO RY’IMANA

    26 November 2025, by admin

    MURI UBU BUHANUZI, HAKUBIYEMO IMIBURO IKOMEYE KU ITORERO RY’IMANA HO USANGA UMUHANUZI YIBANDA KU KUBWIRA ABANTU KO IMANA IJE GUHANA ABANTU BANZE KUYUMVIRA
    MU MAGAMBO YE BWITE, UMUHANUZI ARAGIRA ATI;IMANA IJE GUKUBITA KU MUGARAGARO KANDI IGIYE GUHWATAHWATA ABANZE KUMVA, INDWARA ZIDAKIRA ZIRISUTSE NGO ABANTU BAPFE CYANE
    YAKOMEJE AVUGA UKUNTU IMANA IJE KUGOSORA ABARI ABANTU BAYO BITEWE NUKO BATAGIKORA IBYO ISHAKA

  • MUSENGE CYANE I KUZIMU BOHEREJE INGABO ZA NYUMA ZIKOMEYE

    26 November 2025, by admin

    Muri ubu buhanuzi umukozi w’Imana avugamo ibintu bikomeye cyane ho yiband ku kuba abantu by’umwihariko abakristo ko bakwiye gusenga cyane kuko Imana yavuganye na we imubwira ko i kuzimu bohereje igiterocy’Ingabo za nyuma zikomeye ngo zibagushe
    Umukozi w’Imana kandi avuga ko muri ibi bitero bije hagowe umuntu ushidikanya kuri YESU mu yandi magambo umuntu uzabasha guca muri ibi bintu ni uwamaze kumenya YESU by’ukuri
    Abantu batari maso bagiye kugwa mu byaha mu buryo bworoshye bityo (…)

  • INKURU MBI KURI MUKECURU AZIZA😭AKOZE IMPANUKA IKOMEYE😭SATANI YAMUTEZE UMUSAZI NGO AMWICE💔ATI NARAYE NSAMBAGURUKA ARIKO SINAPFUYE💔YARIMO KWITEGURA UBUKWE DISI😭MUMUSENGERE CYANE KUKO ARI MUBURIBWE BYINSHI

    29 October 2025, by admin

    INKURU MBI KURI MUKECURU AZIZA.AKOZE IMPANUKA IKOMEYE,SATANI YAMUTEZE UMUSAZI NGO AMWICE ATI "NARAYE NSAMBAGURUKA ARIKO SINAPFUYE" YARIMO KWITEGURA UBUKWE DISI.MUMUSENGERE CYANE KUKO ARI MUBURIBWE BYINSHI
    Nkuko bibiliya itwigisha dukwiriye kwikorererana imitwaro,iyi ni inkuru ibabaje kandi iteye agahinda ku ba Bewura bose. kuko uyu mucyecuru tumuzi nk’umukristo mwiza utinya Imana kandi wahuye n’Imana rwose bigaragazwa nuburyo ayubaha akanayitinya.
    Intu 12:5
    [5]Nuko Petero arindirwa mu (…)

  • previous page
  • next page

2024 - 2026 My SPIP site
Site Map | Log in | Contact | RSS 2.0